in

“Waremewe kumpa ibyishimo” Ihere ijijo uburanga budashira irora bw’uwaremewe guhana ibyishimo na Bishop Gafaranga

“Waremewe kumpa ibyishimo” Ihere ijijo uburanga budashira irora bw’uwaremewe guhana ibyishimo na Bishop Gafaranga

Umwe mu baramyi bamaze kumenyekana hano mu Rwanda akaba umufasha wa Bishop Gafaranga nawe uzwi n’abatari bacye, Annette akomeje kuba igisobanuro cy’ubwiza kuri Bishop Gafaranga.

Ndetse Bishop Gafaranga ubwo yifurizaga isabukuru nziza y’amavuko umugore we Annette, yongeyeho akantu kagira gati ” Ndashima Imana yakundemeye kugirango ukomeze umpe ibyishimo ndetse nange nkomeze nkuhe ibyishimo”. Byumvikana ko uyu muryango wishimye.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup iheruka kubona insinzi mu minsi 65 ishize igitozwa na Haringingo Francis

Amakuru mashya kandi meza cyane kuri wa mugabo waboreraga mu bitaro bya Ruhengeri