in

Amakuru mashya kandi meza cyane kuri wa mugabo waboreraga mu bitaro bya Ruhengeri

Amakuru mashya kandi meza cyane kuri wa mugabo waboreraga mu bitaro bya Ruhengeri.

Wa murwayi waboreraga mu bitaro bya Ruhengeri ubu yamaze ku bagwa umugongo.

Kuri ubu ari mu bitaro byitiriwe umwami Fayisali (KingFaisalHospital).

Habimana wo mu karere ka Musanze yatatse mu minsi yashize aho yavugaga ko ari kuborera mu bitaro kubera kubura umuntu umwitaho.

Nyuma yo gukorerwa ubuvugizi, yamaze kubagwa umugongo mu bitaro byitiriwe umwami Fayisali.

Uyu mugabo yagize icyibazo cy’umugongo mu mpanuka yagize ubwo yari yikoreye ipoto rya REG.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Waremewe kumpa ibyishimo” Ihere ijijo uburanga budashira irora bw’uwaremewe guhana ibyishimo na Bishop Gafaranga

Ese arabumvira? Umukinnyi wahoze ari nimero ya mbere muri Murera yagiriwe inama ikomeye ishobora gutuma abakinnyi bakina ku mwanya umwe abeguza igitaraganya