in

Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu yavuze ko yayigiyemo atazi ibiyirimo

Kayirebwa Marie Paul wamenyekanye mu ndirimbo ikinyafu ya Bruce Melodie afatanyije na Kenny Sol yavuze ko iyi ndirimbo yayigiyemo atarigeze ayumva ngo amenye ibirimo  bityo arahakana ko atari akabandi cyangwa ikinyafu.

Uyu mukobwa uherutse kwegukana ikamba rya Miss Popularity 2021 aganira na Xlarge yahamije ko indirimbo “Ikinyafu ” yayigiyemo atunguwe.Yagize ati:”bambwiye ibyo ndi bukine ariko sinari nayumvise , nayisabye Meddy Sareh ngo nyumve arabyanga rero ntabwo ndi ikinyafu cyangwa akabandi ,iriya ndirimbo nayigiyemo ntarayumva”.

Ibi abivuze nyuma y’iminsi bamwe bamwibasira bavuga ko ibigaragara muri iriya ndirimbo bitari gutuma aba Miss Popularity w’u Rwanda .

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mugabo Mbata ari mu byishimo byinshi nyuma yo gusubizwa impeta yari yarambitse Miss akamwanga

Iri ni ishyano:Umugore yakase ubugabo bw’umugabo we ,ntijyanyurwa amusanga kwa muganga akata n’udusabo tw’intanga.