in

Umunyamideli uri mu bakomeye mu Rwanda yahawe imodoka y’umuturika n’umugabo we

Umwe mu banyamideli bazwi mu Rwanda Isimbi Vestine wamamaye mu mideli nka Isimbi Model, yahawe n’umugabo we Shaul Hatzir impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover Evoque, ku isabukuru ye y’amavuko.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Isimbi yatangaje ko anejejwe no kuba umugabo we yamuhaye imodoka, nk’impano yo ku isabukuru ye.

Ati “Imana ihe umugisha umugabo wanjye kubera ko ahora aharanira icyanshimisha kandi azi neza ibyo nkunda. Impano y’isabukuru.”

Ntabwo Isimbi agaragaza umwaka imodoka yahawe yasohokeyemo, gusa igiciro cya Range Rover Evoque kibarirwa muri miliyoni 46Frw.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manzi Thiery nyuma yo gutera umugongo ikipe ya Rayon Sports ari mu gihirahiro kubera amakipe 2 akomeye muri Afurika arimo kumurwanira

Umugabo yapfuye ubwo yateraga akabariro n’umugore bakundanaga.