in

Umunyamakuru Mutabaruka wa Radio 1 yiyamye bikomeye Eddie Sabiti ukorera Televiziyo Rwanda

Umunyamakuru ukorera Ikigo cy’Itangazamakuru cya Radio/TV 1 Rwanda Mutabaruka Angelbert yiyamye Eddie Sabiti ukorera Televiziyo Rwanda nyuma yo kuvuga ko Gasogi United itatwara igikombe cya shampiyona.

Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gashyantare 2023 nibwo Mutabaruka Angelbert yanyarukiye ku rubuga rwa Twitter asaba Eddie Sabiti kutazongera kuvuga nabi Gasogi United.

Ikipe ya Gasogi United iri ku mwanya wa 3 ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona y’Icyiciro cya Mbere aho irushwa na APR FC amanota abiri gusa.

Mutabaruka Angelbert yabwiye Sabiti kureka guca intege Gasogi United

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyago bikabije ku bagabo batanywa inzoga bagahitamo kwinywera ibiryohereye nka Fanta (UBUSHAKASHATSI)

Umukinnyi w’Amavubi wifujwe igihe kinini na APR FC yabazwe imvune igiye gutuma amara hanze y’ikibuga ibyumweru 14