in

Umukinnyi wa mbere ushaje yamaze kubona ikipe nziza i Burayi

Rutahizamu w’umuyapani Kazuyoshi Miura yatijwe mu ikipe ya Oliveirense ikina icyiciro cya kabiri muri Portugal, avuye mu ikipe ya Yokohama FC.

Biratangaje kumva umuntu ufite imyaka 55 ugikina umupira w’amaguru nk’uwabize umwuga, ariko Kazuyoshi Miura yamaze kubica amazi.

 Miura uri gukina ku kinyecumi cya 5 nk’umukinnyi wabigize umwuga, ubwo isoko ry’igura n’igurisha ryageraga ku musozo, yerekeje mu ikipe ya Oliveirense ikina icyiciro cya kabiri muri Portugal aho yari avuye mu ikipe ya Yokohama FC y’iwabo. 

Kujya gukina muri Portugal bitumye iki gihugu kiba icya gatandatu Miura akinnyemo, nyuma ya Brazil, Japan, Ubutariyani, Croatia na Australia.

Miura aracyakina ku ruhando mpuzamahanga kandi akoresheje imbaraga nyinshi

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze Fc yamaze gusinyisha umutoza w’umwarabu watoje ikipe ikomeye hano mu Rwanda bakaza gutandukana

Abafana ba Manchester United bagiye gusubira kwicara muri sitade ya Wembley nyuma y’igihe kitari gito batahicara