in

Musanze Fc yamaze gusinyisha umutoza w’umwarabu watoje ikipe ikomeye hano mu Rwanda bakaza gutandukana

Umutoza Mohammed Ahmed Adel wo mu gihugu cya Misiri nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Gasogi United, ubu yamaze kumvikana n’ikipe ya Musanze FC.

Uyu mwarabu aje mu ikipe ya Musanze FC ayigarutsemo kubera ko yigeze kuyitoza mu mu mwaka wa 2020.

Mohammed Ahmed Adel yatandukanye na Gasogi United nyuma yo kuvugwa ko nta byangombwa afite byemewe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Africa, gusa we akavuga ko bamwitiranyije.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ngederwaho muri Rayon Sports yatanze ibimenyetso bitatu bigaragaza ko umutoza Haringingo Francis ari ku rwego rwo hasi

Umukinnyi wa mbere ushaje yamaze kubona ikipe nziza i Burayi