in , ,

Umukinnyi Byiringiro Lague Bamuzaniye Umugeni Araturika Ararira Kubera Ibyishimo Mu Muhango Wo Gusaba (Video)

Nyuma yaho ikipe ya APR FC igereye mu rwanda ikubutse muri Maroc gukina na Berekane umukino wo kwishyura, umukinnyi wayo Byiringiro Lague wari warasubitse ubukwe bwe yahise asubukura imihango y’ubukwe.

Kuruyu wa kabiri tariki 7-12 akaba yagiye gusaba no gukwa umukunzi we Uwase Kellia.

Ubwo bamuzaniraga umugore we, Lague yafashwe n’ibyishimo n’amaragamutima maze araturika ararira.

Reba amashusho uko byagenze.

https://www.instagram.com/tv/CXLyxjkgkgU/?utm_source=ig_web_copy_link

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye ubwoba:Umugabo yibwe inzoga arogesha abazibye kurisha nk’amatungo.

Ibyo umunyamakuru Ruvuyanga akoreye Byiringo Lague mbere y’ubukwe bwe ntazabyibagirwa.