in

“Umuhungu nawe yinjiye muri Barbas” Umuhanzi Davis D yongeye kuvugisha imbaga y’abantu ubwo yinjiraga nk’Umwami mu modoka yakataraboneka (amashusho)

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Davis D benshi bakunze kwita Umwami w’abana nawe akaryungamo yongeye kuvugisha imbaga y’abantu ubwo yagaragaraga mu modoka iri muzigurwa agatubutse ku Isi.

Davis D uru kubarizwa mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize amashusho ku rubuga rwe rwa Instagram amugaragaza ari kugenda asatira imodoka ihenze cyane ya Barbas afite n’icupa ry’inzoga ihenze mu ntoki maze akingurirwa umuryango nk’Umwami n’umwe mu bashinzwe ku murindira umutekano akaba ari bintu byavugishije benshi bakurikirana uyu musore kuri Instagram.

Amashusho ya Davis D yavugishije bamwe mubamukurikira ku rubuga rwa Instagram:

Bimwe mu byo abamukurikira umunsi ku munsi bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Waruziko ibinini bisinziriza bishobora kuvura imwe mu ndwara yabanye abantu benshi akarande ?

‘Yarize arahogora’ umukobwa yabaye nk’umusazi ubwo umukunzi we yamwihakanaga kandi bamaranye imyaka 2 bakundana(Videwo)