in

‘Yarize arahogora’ umukobwa yabaye nk’umusazi ubwo umukunzi we yamwihakanaga kandi bamaranye imyaka 2 bakundana(Videwo)

‘Yarize arahogora’ umukobwa yabaye nk’umusazi ubwo umukunzi we yamwihakanaga kandi bamaranye imyaka 2 bakundana(Videwo)

Ibi byabereye mu kiganiro kitwa ‘Loyalty Test’ tugenekereje mu kinyarwanda ni ugupima ubupfura cyangwa ubunyangamugayo.

Muri iki kiganiro utanga nimero y’umukunzi wawe bakamuhamagara bakamubaza izina ry’umukunzi nawe nyiri ubwite wiyumvira.

Gusa umuhungu bahamagaye basanze atendeka aho kuvuga uwo bamaranye imyaka 2 yavuze ko uwo afite bamaranye amezi abiri gusa, uyu mukobwa yishwe n’agahinda arizwa n’uko yakundaga utamukunda ndetse utanamuzirikana.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umuhungu nawe yinjiye muri Barbas” Umuhanzi Davis D yongeye kuvugisha imbaga y’abantu ubwo yinjiraga nk’Umwami mu modoka yakataraboneka (amashusho)

Rihanna n’umugabo we bateye ishyari umwana uri munda bakorera ibidasanzwe mukuru we