in

Umugore yabeshye umukunzi we ko agiye gusura iwabo naho yigiriye muri hoteli kumuca inyuma , gusa ibyamubayeho azarinda asaza atabyibagiwe

Umugore yabeshye umukunzi we ko agiye gusura iwabo naho yigiriye muri hoteli kumuca inyuma , gusa ibyamubayeho azarinda asaza atabyibagiwe

Umugore wo muri Nigeria witwa Grachi yasabye uruhushya umugabo we ajya guhura n’undi mugabo muri hoteli gusa birangira umugabo amufashe.

Uyu mugore yagiye kuva iwe asabye uruhushya avuga ko agiye gusura iwabo kandi ko azamarayo iminsi. Naho uyu mugore yari yifitiye gahunda yo kujya guhura n’undi mugabo muri hoteli.

Nyuma y’iminsi itatu umugore ari muri hoteli n’undi mugabo, nibwo umugabo we yamenyaga inkuru ko umugore ari kumuca inyuma muri hoteli.

Umugabo yagiye atarwiyambitse amasangayo, yewe ahamagara n’umuryango w’umugore barajyana, ku bw’amahirwe yari yabwiwe n’icyumba arabasangamo.

Uyu mugabo agezeyo umugore yakubiswe n’inkuba  , atakamba cyane asaba imbabazi avuga ko ari satani wamushutse, ariko umugabo we ntiyabyihanganira ahita amufata amashusho ayasakaza ku mbuga nkoranyambaga.

Umuryango w’umugore wo kwihangana byanze umubwira ko batakimushaka mu rugo rwabo kuko abakojeje isoni.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uburakari KNC aherutse kugira ubwo Mukura VS yatsindaga Gasogi United iyisuzuguye, none umujinya yawutuye abakinnyi be 2 bahise babigendeyemo

Ninde myugariro uzahagarika uyu rutahizamu muri shampiyona y’u Rwanda? Victor Mbaoma wa APR FC yongeye gufasha APR FC kwandazaga Amagaju ahita aba rutahizamu uyoboye abandi