in

Uburakari KNC aherutse kugira ubwo Mukura VS yatsindaga Gasogi United iyisuzuguye, none umujinya yawutuye abakinnyi be 2 bahise babigendeyemo

Nyuma y’umukino w’umunsi wa 14 wa Shampiyona, wahuje Gasogi United na Mukura VS, KNC yatangaje amagambo yuzuyemo burakari avuga ko abakinnyi be bitwaye nabi ku buryo atazabyihanganira, kuko Mukura VS yabatsinze ibitego 4-1.

Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukuboza 2023, mu butumwa Gasogi United yasangije abakunzi bayo kuri X, iyi kipe yatangaje ko yirukanye abakinnyi bayo 2.

Aba bakinnyi birukanywe muri Gasogi United ya KNC ni Max Well DJOUMEKOU RAVEL, ndetse na Stefield.

Ati “Turashima cyane Max Well DJOUMEKOU RAVEL, abandi nabo turakomeza kubashimira.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’indirimbo ya mbere Yago Pondat yakoranye na Inyogo ye itangiye gutitiza imbuga nkoranyambaga itaramara n’isaha imwe igiye hanze – VIDEWO

Umugore yabeshye umukunzi we ko agiye gusura iwabo naho yigiriye muri hoteli kumuca inyuma , gusa ibyamubayeho azarinda asaza atabyibagiwe