in

Ninde myugariro uzahagarika uyu rutahizamu muri shampiyona y’u Rwanda? Victor Mbaoma wa APR FC yongeye gufasha APR FC kwandazaga Amagaju ahita aba rutahizamu uyoboye abandi

Rutahizamu wa APR FC, Victor Mbaoma yongeye gufasha iyi kipe gutsinda Amagaju ibitego 3-1, harimo ibitego 2 bye.

Victor Mbaoma yahise yuzuza ibitego cumi na bibiri muri shampiyona, ni nyuma y’uko nanone aherutse gutsinda ibindi bitego 2 muri 4 APR FC yatsinze Gorilla FC.

Nyuma y’ibitego bibiri, Victor Mbaoma yatsinze muri uyu mukino, yahise agira ibitego 12 muri shampiyona bimuhesha kuyobora ba rutahizamu bafite ibitego byinshi mu Rwanda, byose amaze gukora mu mikino 15 gusa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yabeshye umukunzi we ko agiye gusura iwabo naho yigiriye muri hoteli kumuca inyuma , gusa ibyamubayeho azarinda asaza atabyibagiwe

APR FC ihannye Amagaju Victor Mbaoma yongera gutsinda ibitego birenga kimwe