in

Umugore w’ihabara yihaye ibyo gusura umugabo w’abandi wari urwariye mu bitaro ahabonera ishyano(video)

Umugore bivugwa ko ari ihabara yagiye gusura umugabo bajya basambana wari urwariye kwa muganga atazi ko umugore ahari maze bararwaana birangira umurwayi abyutse mu mashuka akaza kubakiza.

Umugore wari warakaye yagaragaye mu mashusho akubita uyu mugenzi we umuca inyuma ku mugabo we ubwo yamusangaga kwa muganga aho yari yaje gusura uwo yita umukunzi we atazi ko umugore wa nyawe ahari.Umugore wubatse washakishaga amahirwe yo kuzafata iri habara yabaye nk’ubonekewe ubwo yamubonaga amwizaniye maze si ukumugwa gitumo , birangira bahanganye maze umugabo wari urwaye arabyuka ngo abakiranure.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biramutunze! Mukamana yinjiza arenga Miliyoni ku kwezi abikesha guca imyeyo abakobwa ndetse n’abagore

Rwanda: Umukobwa yatangajeko yiteguye gutanga inkwano k’umusore ariko mu bukwe umusore akaba ari we uzambara ikanzu n’agatimba