in ,

Rwanda: Umukobwa yatangajeko yiteguye gutanga inkwano k’umusore ariko mu bukwe umusore akaba ari we uzambara ikanzu n’agatimba

Umukobwa ku rubuga rwa Twitter yatangaje ko yiteguye gutanga inkwano ku musore witeguye ubishaka ariko uwo musore nawe akaba yiteguye kuzambara ikanzu y’abageni ndetse n’agatimba ku munsi w’ubukwe.

Mu buryoo bwo gutebya no kuganira, uyu mukobwa witwa Nyirarukundo kuri twitter mu magambo ye yagize ati Njye umuhungu uzabishaka nzamukwa ariko niwe uzambara ikanzu nagatimba”

Bamwe mu basore bakaba bagaragajeko biteguye kandi bemeranya nawe aho umwe yagize ati Ikingenzi ni amafranga Wenda umbwire nzambare n’isutiye ark unkwe

Dore bimwe mubitekerezo byatanzwe kuriyi ngingo:

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore w’ihabara yihaye ibyo gusura umugabo w’abandi wari urwariye mu bitaro ahabonera ishyano(video)

Abakobwa b’abanyeshuri babyinnye indirimbo igezweho mu buryo budasanzwe (Videwo)