in

Umugore wambaye ubusa yakubise ikibumbano cya Yesu aracyangiza (AMAFOTO)

Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za America witwa Brittany Reynolds  w’imyaka 35 yinjiye muri kiliziya ya  St. Mary  iherereye mu mujyi neza wa Fargo ,mu majyaruguru ya Dakota akubita  ikibumbano kiri mu ishusho ya yesu aracyangiza.

Ikinyamakuru The New York Post dukesha iy’inkuru kivuga ko ngo uyu mugore yinjiye mu rusengero yambaye ubusa , butagira n’inkweto mu birenge , ngo ahondagura ikibumbano cya yesu gihagaze amafaranga angana n’ibihumbi  11,500 by’amadolari ,ni ukuvuga miliyoni 12, n’ibhumbi 431,615 aracyangiza.

Ngo ubwo yari amaze gukora ibi , yahise asoka mu rusengero ariruka ,icyakora polisi ihita imufata imuta muri yombi basanga yari yanyweye ibiyobyabwenge bikabije .

Brittany Reynolds yavunnye iki kibumbano ibirenge
Brittany Reynolds yavunnye iki kibumbano ibirenge
Brittany Reynolds yahise atabwa muri yombi
Brittany Reynolds yahise atabwa muri yombi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bataye umutwe bitewe n’umwalimu wigisha abana babo

Rayon Sports yongeyemo umwe, Police FC, Mukura na Marines zongeramo bane! Urutonde rw’abakinnyi buri kipe yaguze mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda