in

Umugeni w’imyaka 8 yapfuye mu ijoro ry’ubukwe bwe atera akabariro n’umukunzi we w’imyaka 80

Umwana w’imyaka 8 yapfuye mu ijoro ry’ubukwe bwe yakoze n’umusaza ufite imyaka 80 ndetse uru rupfu rutera amayobera bamwe bakeka ko yaba ari umusaza wamuhitanye mu gihe cyo gutera akabariro.

Bimwe mu binyamakuru nka Ypost, byatangaje ko amakuru yizewe bifite ari uko uyu mukobwa yagiye gutera akabariro n’uyu mukunzi we bari bashakanye ariko agahita ahasiga ubuzima.

Uyu mwana witwa Riwan yahatiwe n’iwabo gukundana n’uyu musaza kugeza bashakanye kubera ikibazo cy’ubukene bari bafite ariko mu ijoro ry’ubukwe ahita ashiramo umwuka.

Muri iki gihugu cya Yemen, UN iherutse gutangaza ko byibuze imiryango miliyoni 10.5 igiye kwicwa n’inzara bikaba bikwiye ko bafashwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwibasirwa, Meddy yatangiye guhangana n’abamwibasira ahereye kuri The cat

Abafana ba Paris Saint Germain bacitsemo igikuba!