in

Nyuma yo kwibasirwa, Meddy yatangiye guhangana n’abamwibasira ahereye kuri The cat

Nyuma yo kwibasirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, Meddy yatangiye kugenda asiba abantu ntibabone ibikorwa bye (block) ku mbuga nkoranyambaga ndetse hari n’ibindi butumwa bwinshi bugenda bumwibasira ku bantu b’ingeri zose.

Nyuma yo kubona ko nubundi kubasiba ntibabone ibikorwa bye bidahagije ndetse bamwe bakamunengera ibyo ari gukora, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati ‘nifitiye ikizere ”

Mu ku-block abo bantu, Meddy yahereye kuri the cat ari nawe wazanye igihuha ko Meddy akubitwa n’umugore we Mimi abantu bakabifatamo ukuri.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Manchester United bagiye gusubira kwicara muri sitade ya Wembley nyuma y’igihe kitari gito batahicara

Umugeni w’imyaka 8 yapfuye mu ijoro ry’ubukwe bwe atera akabariro n’umukunzi we w’imyaka 80