in

Ugitangira kubona ibi bimenyetso 7 uzamenye ko kabaye utangiye kurwara diyabete

Ugitangira kubona ibi bimenyetso 7 uzamenye ko kabaye utangiye kurwara diyabete

Indwara ya diyabete iri mu itsinda ry’indwara ry’indwara zitandura zigira ingaruka ku buryo umubiri ukoresha isukari yo mu maraso (glucose).

Glucose ni isoko y’ingenzi y’ingufu z’ingirabuzimafatizo zigize imitsi n’ingingo z’umubiri. Nanone kandi, ni yo ituma ubwonko bukora neza.

Diyabete ishobora gutuma isukari yo mu maraso yiyongera cyane cyangwa ikagabanuka. Kugira isukari nyinshi mu maraso bishobora guteza ibibazo bikomeye by’ubuzima. Dore bimwe mu bimenyetso byerekana ko urwaye diyabete.

1.Kumva unaniwe kandi ufite intege nke.

2. Kumva urakaye cyangwa ukagira ibindi byiyumvo bihindagurika.

3. Kuba atabona neza(kureba nabi) .

4. Iyo ugize ibisebe ntibikira vuba.

5.Kujya kwihagarika buri kanya kurenza uko byari bisanzwe.

6. Gutakaza ibiro ku kigero kiri hejuru.

7. Kumva ushaka kunyara wajyayo ukanyara udukari Duke cyane.

Igihe wabonye ibi bimenyetso wakwihutira kugana muganga akagufasha kuko byakugora kuyisuzumisha amaso n’ibyiyumviro, ndetse muganga azagufasha aguhe amabwiriza yo gukurikiza kugirango diyabete ibe itakwiyongera.

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Helo gayizi disizi Kigali bosi bebizi! Umuhanzi Platin P atembagaje abantu ubwo yiganaga icyongereza cya Alliah Cool ageze ku kuba amurusha amafaranga avuze ijambo rimwe gusa -Videwo

Umwe mu bakinnyi b’inyingi zamwamba muri APR FC ntago arikumwe n’abandi mu mwiherero Ishyorongi