in

Ubushakashatsi bwagaragaje uburyo umugabo yakongera ingano y’ubugabo bwe adakoresheje imiti

Ubushakashatsi bwagaragaje uburyo umugabo yakongera ingano y’ubugabo bwe adakoresheje imiti

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo benshi bashidukira mu nzira z’ubuyobe zo gukuza ibitsina byabo ugasanga rimwe na rimwe bakoresha ibinini abandi bagakoresha imiti rwatsi, ndetse nyuma bikaza kubaviramo indwara.

Bumwe mu bushakashatsi bwakozwe n’ikinyamkuru gikora Ubushakashatsi ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororkere, buvuga ko umusore ukiri muto afite ubushobozi bwo gukuza igitsina  adakoresheje imiti.

Buvuga ko kugirango kiyongere bisaba gukora siporo gusa, zimwe muri izo siporo ni izi zikurikira. – Gusimbuka umugozi, Kwiruka, Gukina basketball na volleyball ndetse n’indi mikino igufasha gusimbuka ukava hasi ujya hejuru wongera usubira hasi.

Ndetse buvuga ko abantu benshi bashaka gukuza ibitsina gabo byabo baba bagomba gukora izi siporo batambaye imyenda y’imbere ibafashe cyangwa undi mwenda ugufashe.

Gusa ku bagabo bafite ingo bo singombwa gushakisha uburyo bwo gukuza igitsina kuko uko ubonana n’umugore wawe ubona vitamin zigifasha gukura utagombye gushakisha ubundi buryo.

Ubundi buryo bwagaragajwe ku bagabo ni uburyo bwo kugikorera massage, ukajya usigaho amavuta yabugenewe ubundi ukagikorera massage, gusa ubu buryo bwashidikanyijweho na benshi kuko buri mu buryo bwo kwikinisha.

Uburyo bwagarajwe n’ubu bushakashatsi bwizewe, ni uburyo bwo gukora siporo nyinshi, ndetse akenshi ukazikora utambaye utwendwa twimbere tugufashe cyangwa rimwe na rimwe ukatureka.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abatuye muri Kenya bakoreye Irakoze Ariella igikorwa atazibagirwa mbere y’uko abagwa icyibyimba cyaje mu isura akimara gukora ubukwe

Abapolisi bahawe gasopo ko uzafatwa yicaye kandi ari mu kazi azahura n’akaga gakomeye