in

Abapolisi bahawe gasopo ko uzafatwa yicaye kandi ari mu kazi azahura n’akaga gakomeye

Mu gihe uri mu kazi ka Polisi, ko gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo, birabujijwe kwicara.

Umupolisi uzafatwa yicaye kandi ari gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo, azabihanirwa.

Si ibyo gusa aho n’uzafatwa ari gukoresha telefone ngendanwa mu gihe cy’akazi, azabihanirwa na we.

Ibyo biri mu itangazo ryasohowe n’umugenzuzi wa Polisi mu Burundi, General Major de Police Frédéric Budomo.

Muri iri tangazo, Frédéric asaba ko buri gitondo aba bapolisi bajya bibutswa inshingano zabo.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushakashatsi bwagaragaje uburyo umugabo yakongera ingano y’ubugabo bwe adakoresheje imiti

Diamond Platnumz yasekeje abafana nyuma yo gufata ifoto y’umuhungu we akayihuza n’iye akiri umwana