in

Abatuye muri Kenya bakoreye Irakoze Ariella igikorwa atazibagirwa mbere y’uko abagwa icyibyimba cyaje mu isura akimara gukora ubukwe

Nyuma y’uko ahuye n’ikibazo cyo kuba afite amaraso make, IRAKOZE yaraye yinjijwe ibitaro KENYATTA HOSPITAL muri Kenya.

Amakuru ahari ni uko Abarundi batari bake bamaze kwitanga amaraso yabo kugira ngo afashe uyu mwali kubagwa icyibyimba.

Irakoze Ariella yageze mu bitaro aho azahita abagwa icyibyimba cyaje mu isura ye.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Niba umfata videwo bikagutunga ndi nde wo kukubuza ibirayi by’abana” Dj Briane yashyize hanze uwamufashe ama videwo ari kubyinisha inkumi bigatuma ashinjwa ubutinganyi

Ubushakashatsi bwagaragaje uburyo umugabo yakongera ingano y’ubugabo bwe adakoresheje imiti