in

Umwana w’imyaka 12 yabaye icyamamare mu gihugu cyose kubera imiterere ye idasanzwe imeze nk’iyi nguge (AMAFOTO)

Umwana w’imyaka 12 y’amavuko kuri ubu yabaye ikimenyabose kubera imiterere afite idasanzwe aho bamwe bavuga ko yavutse ku nguge.

Iyi nkuru ya Dembo w’imyaka 12 yamamaye mu gihugu hose. Aho Uyu mwana kuri ubu abana na nyirarume na nyirasenge mu murwa mukuru wa Luanda. Imiterereye ye yatumye yamamara akiri muto.

Abahanga benshi bavuga ko Augusto, ari umusaruro w’imibonano mpuzabitsina hagati y’umuntu na ‘Chimpanzee’ (Inguge).
Dr. António Mendes w’ibitaro bya, Luena avuga ko kuba Augusto Dembe yaba yaravutse ku Nguge atari ikintu gishya kuko Inguge zijya zikorana imibonano mpuzabitsina n’abantu bo muri ako gace ariko ntihabeho gutera inda.

Benshi bemeza ko uyu mwana yabyawe n’inguge.

Yagize ati: “Imibonano mpuzabitsina hagati y’abantu n’Inguge iramenyerewe cyane muri aka karere ariko ni ubwa mbere hamenyekanye inda yayo.”

Ubu buvumbuzi bushobora no guhangana n’ibanze shingiro rya siyansi igezweho.Umuvugizi wa Pariki ya Cameia, yagize icyo atangaza kuri aya makuru avuga ko bicujije bivuye ku mutima ibyaba byarabereye muri Pariki, Inguge igakora imibonano mpuzabitsina n’umuntu.

Yagize ati: “Ibikorwa byose bidakwiye cyangwa bishingiye ku mibonano mpuzabitsina n’inyamaswa zose ziri muri parike ntabwo bikwiriye “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Slay Queen yahuye n’akaga ubwo yashakaga kwifata amafoto agaragaza imitererere y’umubiri we.

Gor Mahia yangiwe kujya muri Sudan gukina umukino wa gicuti na Al Hilal