in

Abakobwa b’abanyeshuri babyinnye indirimbo igezweho mu buryo budasanzwe (Videwo)

Abakobwa b’abanyeshuri bakomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu babyina indirimbo igezweho mu buryo budasanzwe, abo bakobwa baba babyina bakubita ikibuno hejuru.

Aba banyeshuri kandi bigaragara ko ibyo babyina babifatiye umwanya uhagije wo kubyitoza kubera ukuntu baba babyina iyo ndirimbo badasigana. Ikindi kandi abo banyeshuri baba bambaye udukanzu tugufi dusa nk’udutaratse ku buryo iyo bari kuzunguza ikibuno natwo twizunguza.

Reba videwo abo bakobwa bari kubyina 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Umukobwa yatangajeko yiteguye gutanga inkwano k’umusore ariko mu bukwe umusore akaba ari we uzambara ikanzu n’agatimba

Biteye agahinda: umugeni yapfuye mu ijoro rya mbere ubwo yateraga akabariro