in

Rwanda: Izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rikomeje guhangayikisha benshi

ku isoko ry’u Rwanda ibinu byakomeje kuzamura ibiciro uhereye umwaka ushize wa 2021 abenshi abgakeka ko biri guterwa n’icyorezo cya Covid19 cyari kimaze igihe kidurubanya ubukungu bw’isi.

Kuva uyu mwaka watangira, ibiciro bikomeje kugenda bizamuka ku isoko ari nako benshi bagenda batungurwa gusa leta y’u Rwanda yo ikavuga ko ifaranga ry’u Rwanda ritigeze rita agaciro.

Theo Bosebabireba yakoranye indirimbo na Mr kagame iri mu njyana imenyerewe kuri ba Bushali na Ish Kevin

Kuva intambara hagati y’Uburusiya na Ukraine yatangira, benshi babonye izamuka nanone ry’ibiribwa ku rwego rutangaje.

Iyo urebye ku mbuga nkoranyambaga ubona ko benshi bari gutabaza bavuga ko ibintu biri kuzamuka ku rwego rwo hejuru ndetse bavuga ko uvuzima buri kurushaho gukomera.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Theo Bosebabireba yakoranye indirimbo na Mr kagame iri mu njyana imenyerewe kuri ba Bushali na Ish Kevin

Umuhanzi Grand P na wa mukobwa w’amataye batwitse imbuga nkoranyambaga ubwo yamwambikiraga impeta kuri televiziyo(video)