in

Theo Bosebabireba yakoranye indirimbo na Mr kagame iri mu njyana imenyerewe kuri ba Bushali na Ish Kevin

Umuhanzi Theo Bosebabireba wakunzwe mu myaka yahise nku’umuhanzi uririmba indirimbo zo guhimbaza Imana yakoranye indirimbo na Mr Kagame uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda uririmba indirimbo zisanzwe.

Benshi bashavujwe n’urupfu rw’umukobwa uherutse kugaragara mu indirimbo ya Yverry “Mu Ijuru”

Tariki ya 1 Werurwe 2022 nibwo Mr Kagame yasohohe alubumu ye ya mbere kuva yatangira umuziki, akaba yarayise “Goligota”. Mr Kagame avuga ko iyi alubumu yayise Goligota ashaka kuvuga ko asa nkaho atangiye kwagura umuziki we.

Rwanda: Umukobwa w’imyaka 70 yahishuye ko akiri isugi ndetse ko akeneye umusore bakundana. Video

Kuri iyi alubumu igizwe n’indirimbo 10. Izo ndirimbo harimo Kigali yakoranye na Ariel Wayz, Kabebe, Ma Bae yakoranye na Cally, Bwombo, Nkumisanga yakoranye na Hubert Skillz, Tugende yakoranye na DJ Marnaud, Kiliziya, Ikivuguto, Akanini k’icumi na Mukunzi yakoranye na Theo Bosebabireba.

Indirimbo “Mukunzi” yari isanzwe ari iya Theo Bosebabireba ariko bayisiburanamo, Iyi ndirimbo ikaba iri mu njyana ya Drill igezweho mu bakiri bato.

Umva alubumu GOLIGOTA

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imana ikunda abagabo koko! Sacha Kate yongeye kwerekana amabere ye mu ifoto

Rwanda: Izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rikomeje guhangayikisha benshi