in

Nyuma yo gutsinda APR Fc, Rayon Sports yananiwe kwikura imbere y’ikipe ikomeye muri Afurika mu mukino mpuzamahanga wa gishuti

Ikipe ya Rayon Sports yari imaze amasaha make inyagiye mukeba wayo APR Fc, yananiwe kwikura imbere y’ikipe ikomeye muri Afurika.

Mu mukino wa gishuti wahuje Rayon Sports na Al-Merrikh SC yo muri Sudan waje kurangira izi kipe zombi zinganyije ubusa ku busa.

 

Wari umukino mpuzamahanga wa gishuti wabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Kanama 2023, wabereye ku kibuga k’imyitozo y’ikipe ya Rayon Sports cya Nzuve.

Rayon Sports inganyije uyu mukino mu gihe habura iminsi mike ngo icakirane na Gasogi United mu mukino ufungura shampiyona uzaba ku wa Gatanu tariki 18 Kanama 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bayibanye benshi! Rayon Sports yabonye abakinnyi bayibanye benshi ihita ifata umwanzuro wo gufata bamwe barimo n’abanyamahanga bayihenze cyane, ibashyira hanze y’ikipe

Urubyiruko ruri kwicuza impamvu rwatakaje ubusugi n’ubumanzi bakiri bato