in

“Ntabwo narize kubera ibibazo bya siporo, ahubwo mperutse kubabazwa cyane “Messi

Rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelone, Lionel Messi akomeje gutungura abafana bitewe n’amagambo akomeje kugenda atangaza mu binyamakuru.Messi wavuze kenshi ko ashaka kuva muri iyi kipe kuri ubu itari mu bihe byiza,yatangaje uko yumva amerewe nyuma yigihe atishimye.

Messi avuga ko kuri ubu yumva amerewe neza nyuma y’ibyabaye mu mpeshyi ishize.Gusa akaba yizera ko bizagora Barca kugaruka ku rwego yahozeho.

Leo Messi yabwiye La Sexta ati: “Bizaba bigoye kuba aho twahoze, iyi kipe iri mu bihe bitoroshye. Biragoye kuri bose.””Uyu munsi ndumva meze neza. Byatwaye igihe gito mbere yuko ntangira kumererwa neza. “Mperutse kubabazwa cyane ku ruhande rw’umupira w’amaguru ,ariko sinigeze ndira kubera ibibazo bya siporo. Nararize kubera ibindi bibazo, ariko mpitamo kutabitangaza mu binyamakuru.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amwe mu mafoto ateye ubwuzu ushobora kuba utarabonye ya wa mwana watabawe agiye kwicwa n’inzara.

Dore abakobwa b’ibizungerezi bitabiriye irushanwa rya Miss Africa Calabar mu mwambaro wa bikini (AMAFOTO)