in

Dore abakobwa b’ibizungerezi bitabiriye irushanwa rya Miss Africa Calabar mu mwambaro wa bikini (AMAFOTO)

Amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga z’irushanwa agaragaza aba bakobwa bose bari kuri piscine bafata amafoto atandukanye, bambaye umwambaro wo kogana uzwi nka bikini.

Aba bakobwa bari baherutse gukora umutambagiro uzwi nka Carnival Calabar, bahabwa ikaze n’Umunyakenya Irene Ng’endo Mukii wegukanye iri kamba mu 2019.

Uwihirwe Yasipi Casmir yahagurutse mu Rwanda kuwa 23 Ukuboza 2020, yitabiriye iri rushanwa ndetse abaritegura baherutse kumushyira mu bakobwa 10 bahabwa amahirwe yo kwegukana iri kamba.
Uyu mwaka iri rushanwa rizaba ku wa 30 Ukuboza 2020, ariko aho rizabera nta bantu bazaba barimo ahubwo abashaka kurikukirana bazishyura amafaranga kugira ngo barirebe binyuze ku rubuga rwaryo.

Alice Lullo ukomoka muri Sudani y’Epfo

Brenda KANKOUE AHO wo muri Togo

Fanelie Riziki wo muri RDC

Hani Abdi Gass wo muri Somalia

Hannah Chiwenda wo muri Zambia mu mwambaro wa bikini

Mich le Ange Minkata uhagarariye Cameroon

Olebogeng Moje wo muri Botswana

Sarra Sellimi uhagarariye Tunisia muri iri rushanwa

Soukaina Chouad uhagarariye Maroc muri iri rushanwa

Tacy Gemma uhagarariye Kenya

Umunya Ethiopia Meklit Tezera nawe ari mu bari guhatanira ikamba rya Miss Africa Calabar

Umunya Namibia Julita Kitwe Mbangula mu mwambaro wa bikini

Umunya-Nigeria Ndah Gift mu mwambaro wa bikini

 

Uwihirwe Yasipi Casimir wabaye igisonga cya Mbere cya Miss Rwanda 2019 uhagarariye u Rwanda muri Miss Africa Calabar

Uwihirwe uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo narize kubera ibibazo bya siporo, ahubwo mperutse kubabazwa cyane “Messi

Diego Costa yasuzuguye cyane ikipe ya Atletico Madrid ayisaba ikintu gikomeye.