imikino
Myugariro wa Rayon Sports n’uwa Kiyovu bafatanywe n’inkumi bari no kunywa inzoga

Nkuko bigagara muri Video yashyizwe ahagaragara na Igihe.com kuri channel ya Youtube, umukinnyi Habimana Hussein ukinira Rayon Sports na Mbogo Ally wa Kiyovu Sports batawe muri yombi kuwa Kane tariki ya 23 Mata 2020 nyuma yo kurenga ku mabwiriza ya Guverinoma asaba abantu kuguma mu rugo nk’imwe mu ngamba zo kwirinda Coronavirus.
Aba basore bombi bakaba bisobanuye bagaruka ku buryo bafashwe ndetse nabo babasanga nye nabo aho Mbogo Ally ahamya ko bane mubo bafatanywe basanzwe babana ahubwo umukobwa umwe ari we wari yaje kubasura azanye imyenda ya musaza we.
Naho Hussein we avugako bamusanze yiryamiye akabyutswa n’umukozi bikarangira nawe bamutwaye.
[zoomsounds_player type=”detect” dzsap_meta_source_attachment_id=”43918″ source=”https://yegob.rw/wp-content/uploads/2020/04/uburayabubakozeho.mp3″ config=”default” autoplay=”off” loop=”off” open_in_ultibox=”off” enable_likes=”off” enable_views=”off” play_in_footer_player=”off” enable_download_button=”off” download_custom_link_enable=”off”]
[easy_media_download url=”https://yegob.rw/wp-content/uploads/2020/04/uburayabubakozeho.mp3″ text=”Download Now” force_dl=”1″]
-
Imyidagaduro21 hours ago
Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)
-
Imyidagaduro19 hours ago
Miss Ricca Michaella yumiwe nyuma yuko abajijwe niba ikibuno cye atari igipapirano
-
Inkuru rusange8 hours ago
Inkweto umwuzukuru wa Joe Biden yambaye sekuru arahira zikomeje guca ibintu hirya no hino ku Isi.
-
imikino8 hours ago
Yannick Mukunzi yagereranyijwe n’ibihangange Cristiano Ronaldo, Messi ndetse na Neymar
-
Imyidagaduro5 hours ago
Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umukobwa uteye nk’igisabo wabaye umunamba wa Mico The Best yavuze akayabo k’amafaranga Mico yamuhembye
-
Imyidagaduro15 hours ago
Cyore: Clarisse Karasira ntacyambara impeta yambitswe na fiancé we
-
imikino23 hours ago
Cristiano Ronaldo na Messi banze akayabo k’amapawundi bahawe bitewe n’ibyo bashakaga kubakoresha.