in

Mwirinde ababarangaza. Umwamikazi w’Ubwongereza “Queen Elisabeth II” ni muzima ndetse ari mukazi

Umwamikazi yatangaje ko ari muzima. Ukuyeho ibyo abantu bumvise, ubwami bw’abongereza buracyariho kandi bumeze neza ndetse umwamikazi kazi kukazi nkuko bisanzwe.

Nyuma y’iminsi mike yandiye COVID-19 nyuma gato hagatangazwa amakuru yibihuha ko yatanze. Queen Elizabeth II yagarutse ku kazi ke ka buri munsi akorera mu rugo nkuko bisanzwe. Akaba yaragiranye inama asanzwe akorana na Minisitiri w’intebe w’ubwongereza Boris Johnson kuwa Gatatu, tariki 23 Gashyantare.

Nyuma yaho hatangajwe ko Queen Elizabeth arwaye COVID-19, hahise hashyirwaho imyanzuro mishya yo kwirinda ikwirakwira ryayo maze ashyirwa mu kato ka wenyine aho biteganyijwe ko akavamo uyu munsi kuwa Kane. Ibi bikaba byari ingenzi cyane ku muntu ugeze mu z’abukuru, dore ko ubu agize imyaka 95 y’amavuko.

Ubwo Umwamikazi w’ubwongereza yari mu nama na Minisitiri w’intebe w’ubwongereza Boris Johnson

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Batandatu bapfuye bazize imiti banyweshejwe na pasteri

Umudamu yahanuye ko ntakabuza 99% by’abantu bagomba kujya i kuzimu