in

Batandatu bapfuye bazize imiti banyweshejwe na pasteri

Abantu batandatu biravugwa ko bishwe n’umuti wa jik bategetswe kunywa n’umupasiteri wo muri Zambia. Amakuru avuga ko abantu batandatu aribo bamaze gupfa ariko abandi bane bakaba na bo baremye cyane ku buryo nabo bashobora gupfa.

Ni nyuma y’aho umupasiteri ubayobora abategetse kunywa umuti wa Jik usanzwe wifashishwa mu gukora isuku.Aba bapfuye ngo bari mu bo bendaga gukoreraho ibitangaza ariko biza kubagendekera nabi bahasiga ubuzima kubera uyu muti utajya unyobwa bakawunywa.

Bano batandatu ngo biyemeje kunywa uyu muti ubwo pasiteri yabemezaga ko ntacyo bari bube kubera imbaraga zibitangaza .Uyu mukozi w’Imana ngo yashakaga kubereka ibitangaza bikorwa na mwuka wera.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arimo kurisha ubugari voka, Clapton Kibonge yabwiye abafana be ikintu gikomeye abahishiye (video)

Mwirinde ababarangaza. Umwamikazi w’Ubwongereza “Queen Elisabeth II” ni muzima ndetse ari mukazi