in

Umudamu yahanuye ko ntakabuza 99% by’abantu bagomba kujya i kuzimu

Umuvugabutunwa ukomoka muri Nigeriya, Pasiteri Funmilayo Adebayo, uzwi ku kazina ka Mummy G.O, yatangajeko hafi ya buri muntu wabayeho ku isi azanya i kuzima mu muriro utazima.

Uyu umuvugabutunwa, umaze kuba ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutumwa agenda atangaza yavuzeko 99% by’abantu babyejo ku isi bagomba kujya i kuzimu.

Avugako umuriro utazima uzaba ari mugari kuberako abantu benshi bazawutabwamo.

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwirinde ababarangaza. Umwamikazi w’Ubwongereza “Queen Elisabeth II” ni muzima ndetse ari mukazi

Impinduka ku mukino uzahuza Rayon Sport na APR FC