in

Musore/Mugabo: Ngibi ibice 5 by’umubiri w’umukobwa bifite rukuruzi ku bugabo bwawe ku buryo ubireba bugahita bubura amahoro

Ibice 5 by’umubiri w’umukobwa bifite rukuruzi ku bugabo bwawe ku buryo ubireba bugahita bubura amahoro.

1. Amabere

Amabere akurura abagabo ku rwego rwo hejuru ku buryo n’iyo umugabo yifuje kugirana imishyikirano irenze n’umukobwa, uzasanga ahitira gukora ku mabere.

2. Ikibuno

Iyo umugabo abonye umugore ufite ikibuno giteye uku n’uko ashobora kugira ibyiyumviro bitandukanye muri we bitewe n’imiterere yacyo.

3. Iminwa

Bitewe n’uburyo iminwa y’umukobwa iteye, umugabo ashobora kumwiyumvamo ku rwego rwo hejuru ku buryo akenshi binarangira amusabye ko yamubera inshuti.

4. Amaso

Amaso y’umukobwa akurura abagabo ku rwego rukomeye, ku buryo abagabo benshi bifuza umukobwa ufite amaso runaka.

5. Inseko

Inseko y’umugore ikurura abagabo cyane cyane iyo ari ya nseko yoroheje benshi dukunze kwita ‘Kumwenyura’.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Victoire
5 months ago

Nice 👍👍

Kamonyi: Umuturage yapfushije inka bayita mu bwiherero bwa Dumburi, abatari bamenyekana basenya ubwo bwiherero bayikuramo bajya kuyirya

Ese bazatanga ibyishimo bisendereye ku banyarwanda?: Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga ku munsi w’ejo bamenyekanye