in

Kamonyi: Umuturage yapfushije inka bayita mu bwiherero bwa Dumburi, abatari bamenyekana basenya ubwo bwiherero bayikuramo bajya kuyirya

Umuturage yapfushije inka bayita mu bwiherero abatari bamenyekana basenya ubwo bwiherero bayikuramo bajya kuyirya.

Abakunzi b’akaboga bamenye aho bakajugunye maze bajya kugakuramo batitaye aho kari kari.

Mu murenge wa Nyamiyaga w’akarere ka Kamonyi, hari umuturage wapfushije inka itabwa mu musarani.

Nyuma y’uko itawe mu musarane, abatari bamenyekana barayikurikira basenya umusarani bakuramo za nyama bajya kuzirya.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwarimu w’imibare witwa Niyukuri Fidel yakubise umwana arapfa none umuryango we wanze kumushyingura

Musore/Mugabo: Ngibi ibice 5 by’umubiri w’umukobwa bifite rukuruzi ku bugabo bwawe ku buryo ubireba bugahita bubura amahoro