in

Ese bazatanga ibyishimo bisendereye ku banyarwanda?: Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga ku munsi w’ejo bamenyekanye

Ese bazatanga ibyishimo bisendereye ku banyarwanda?: Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga ku munsi w’ejo bamenyekanye.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ifitanye umukino w’ishiraniro n’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe ku munsi w’ejo tariki 15 Ugushyingo aho bazaba bari mu mikino ya mbere yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi.

Dore abakinnyi bashobora kubanza mu kibuga ku munsi w’ejo dukurije uko imyitozo ya nyuma yaberaga i Huye yagenze:

1. Ntwari Fiacre

2. Fitina Ombolenga

3. Imanishimwe Emmanuel

4. Mutsinzi Ange

5. Manzi Thierry

6. Mugisha Bonheur

7. Byiringiro Lague

8. Bizimana Djihad

9. Nshuti Innocent

10. Hakim Sahabu

11. Mugisha Gilbert.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore/Mugabo: Ngibi ibice 5 by’umubiri w’umukobwa bifite rukuruzi ku bugabo bwawe ku buryo ubireba bugahita bubura amahoro

Benshi bari baziko bitazongera kubaho: Cristiano Ronaldo yisanze mu marembo amwerekeza muri Champions League