in

Musore, itondere ibi bice by’umubiri w’umukobwa/umugore kuko byamutera ubushake bwo gutera akabariro.

Ubumenyi ngiro bwagiye bugaragaza ko kenshi abantu b’ igitsina gore bose bari hagati y’imyaka 18 na 35 ngo urugingo rwabo rwose rw’ umubiri wakoraho rushobora gutuma bumva bifuje imibonano mpuzabitsina, gusa hakaba hari ibice by’ingenzi bituma bafatwa vuba twavuga nk’amabere, ikibuno n’ibindi.

Amakuru dukesha urubuga rwa Naij.com atubwira ko mu bushakashatsi bwakorewe ku bantu b’igitsina gore 30 bari hagati y’imyaka 18 na 35, bwerekanye ko urugingo rwose ubakozeho bahita bagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina gusa amabere, mu ntege, ku kibuno no ku gitsina ni byo bice byihutisha ibyiyumviro bigatuma yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina.

Ubwo ubu bushakashatsi bwakorwaga ngo barabafashe babaryamisha ahantu ubundi babapfuka mu maso maze ubushakashatsi bukorerwa ku bice bitandukanye by’umubiri.

Byanagaragaye kandi ko imiterere n’ubworohe bw’umubiri w’abakobwa n’abagore bukururwa cyane no gukorwaho n’umubiri w’umugabo kurusha abo bahuje ibitsina babaguyaguya kuko ngo abagiye bakorwaho n’abo bahuje ibitsina bitorohaga ko yakumva ibyiyumviro bizamutse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Intamati Haaland na Manchester City ye bahorahoje ikipe ya Wolves

Mu myenda y’umukara n’umweru, umukinnyi w’igihangange muri Rayon Sports yagaragaye yahuje urugwiro n’abafana ba APR FC (AMAFOTO)