in

Mu Rwanda, Umusore w’imyaka 27 yagurije miliyoni imwe mugenzi we agiye gukora ubukwe none yabuze ubwishyu ari kumusaba kuza kuryamana ijoro rimwe n’uwo mugeni bigahwaniramo na miliyoni y’ideni

Mu Rwanda, Umusore w’imyaka 27 yagurije miliyoni imwe mugenzi we agiye gukora ubukwe none yabuze ubwishyu ari kumusaba kuza kuryamana ijoro rimwe n’uwo mugeni bigahwaniramo na miliyoni y’ideni.

Umusore uvuga ko avuka mu cyaro, yagishije inama kuri Radiyo avuga ko yagurije inshuti ye miliyoni igiye gukora ubukwe none ikaba yabuze ubwishyu.

Uyu nyiri kuguriza yatitirije uwo yahaye utwe none yamubwiye ko nta mafaranga yo kumwishyura afite ko ahubwo yaza akaryamanaho n’umugore we ijoro rimwe bigahwaniramo n’iyo miliyoni.

Uyu musore yagize ati: “Muraho, njye ndi umusore w’imyaka 27 nibera mu cyaro, nsanzwe nikorera udufaranga twanjye nkatubika rero nari mfite miliyoni irengaho macye,umutipe wari ugiye gukora ubukwe aza guhura nikibazo cyamafr yaraje arandirira kuko twari inshuti,yansabye kumuguriza amafr angana na miliyoni yose,niyo mafr nari mfite ariko kubera ikibazo yari afite naremeye kuko yanyijeje ko azayampa vuba,none umwaka urashize ubu rero yambwiye ngo ntamafr afite ariko ngo nemeye nzagenda iwe ngo umugore we ampe rimwe bihuriremo..ngo umugore yarabyemeye, yemwe afite umugore mwiza pe ntarabyara ameze neza none mbyemere? ”

Wamugira iyihe nama?

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Twesigye
Twesigye
7 months ago

Ibyo si byo rwose! Icya mbere ni ugutesha umugore wawe agaciro. Icya kabiri, niba uwo mugore wawe atari afite iyo ngeso, uzaba umuteye kuyigira! Ushobora kuzicuza! Icya gatatu uzaba witesheje agaciro imbere y’umugore wawe, icya kane, uriya mugabo azaryamana n’umugore wawe kandi nabwo azakomeza akwishyuze. Icya gatanu uriya mugabo ashobora kumutera uburwayi, uretse nibyo kandi, aramutse amuteye inda niba atarasama, uwo mwana uzamukunda? Umuntu yasesenguramo ingaruka nyinshi cyane.
Ibyo ntabwo ari umuco w’abanyarwanda rwose. Biragaca hirya. Ha agaciro umugore wawe, nta bikino bikina. …

Ntagikozwe ashobora gupfirayo! Umunyarwanda witwa Mugabo uri mu Budage ari gukorerwa ibikorwa bya Kinyamaswa arasaba ko yagarurwa iwabo mu Rwanda

Umukobwa yasokanye n’umusore amaze kurya inkoko yamuguriye ashaka ku mucika badacyemuye ibibazo by’umubiri umusore ahita amufata mu mashingu – Amashusho