in

Umukobwa yasokanye n’umusore amaze kurya inkoko yamuguriye ashaka ku mucika badacyemuye ibibazo by’umubiri umusore ahita amufata mu mashingu – Amashusho

Umukobwa yasokanye n’umusore amaze kurya inkoko yamuguriye ashaka ku mucika badacyemuye ibibazo by’umubiri

Kenya, hakomeje kuzenguruka amashusho y’umukobwa wariye inkoko agashaka kugenda adacyemuriye ibibazo by’umubiri umusore wayimuguriye.

Uyu musore yahise afata uyu mukobwa, amufata mu mashati amubwira ko niba adashaka ibyago agombo kuza bakaryamana cyangwa akamusubiza amafaranga ye yamuguriyemo inkoko.

Gusa uyu musore umugambi waje gukomwa mu nkokora n’abantu bari bari aho batambaye uwo mukobwa ndetse bahita bamutegera moto aritahira. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda, Umusore w’imyaka 27 yagurije miliyoni imwe mugenzi we agiye gukora ubukwe none yabuze ubwishyu ari kumusaba kuza kuryamana ijoro rimwe n’uwo mugeni bigahwaniramo na miliyoni y’ideni

Nk’uko yabisezeranyije abanyarwanda yatangiye kumena imiceri: Umukinnyi w’Amavubi uherutse kureka umupira yavuze umwanda uba muri ruhago y’u Rwanda watumye ahagarika kuwivurugutamo