in

“Mu maso y’uriya musore hari harimo ibiro ijana by’ubushake pueh”! Ifoto y’umukinnyi w’ikipe ya As Kigali yafashe ku ibere ry’umusifuzikazi uzwi kw’izina rya Aline ikomeje kuba akasamutwe mu bantu -IFOTO

Kuba yamukozeho nta kibazo kibirimo ahubwo byari kuba ikibazo iyo aramuka abikoreye ubushake.

Mu mukino wahuzaga As Kigali na Rayon Sport  umukinnyi witwa Akayezu yari arimo gusaba umusifuzi wo hagati Aline ngo asubike ku muha ikarita y’umuhindo kuko yari afite indi, ibyari gutuma ahabwa iy’umutuku.

Ibyo byaje kurangira uyu mukinnyi akoze ku ibere ry’umusifuzikazi camera zihita zimufata.

Iyo foto ikomeje gucicikana kumbuga nkoranyambaga zidandukanye ivugwaho amagambo atandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa, umubyeyi w’umukinnyi w’ikipe ya APR FC yitabye Imana

“Ibi si iby’i Rwanda, RIB nimutabare” Umubyeyi yashimiye Ingabire Egidie Bibio wo kuri RBA wamukoreye ubuvugizi ku mwana we wari waburiwe irengero bamuhamagara telefone ye ikitabwa n’umugabo akabatera ubwoba