in

Nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa, umubyeyi w’umukinnyi w’ikipe ya APR FC yitabye Imana

Nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa, umubyeyi w’umukinnyi w’ikipe ya APR FC yitabye Imana.

Umukinnyi wo mu kibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Taddeo Lungwa ari mu gahinda kenshi ko kubura se umubyara.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Se umubyara yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe.

Mu butumwa buteye agahinda uyu mukinnyi yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter, yatangaje ko se yitabye Imana nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byakomeye! Umuhanzikazi Zuchu wahaye Diamond Platnumz umubiri we wose ngo azawukoreshe icyo yumva ashaka arashinjwa kunuka igikara kubera ibyo rubanda bamubonyeho -IFOTO

“Mu maso y’uriya musore hari harimo ibiro ijana by’ubushake pueh”! Ifoto y’umukinnyi w’ikipe ya As Kigali yafashe ku ibere ry’umusifuzikazi uzwi kw’izina rya Aline ikomeje kuba akasamutwe mu bantu -IFOTO