in

Mu magambo aryohereye Rider man yifurije isabukuru nziza y’amavuko umuhungu we.

Umuraperi ukomeye mu Rwanda, Rider Man yifurije isabukuru nziza umwana we w’umuhungu aho yifashishije amagambo  ameze nk’ubusizi maze aramutaka karahava.

Uyu muhanzi yifashishije urukuta rwe rwa instagram yashyizeho ifoto y’umuhungu we maze yandikaho agaragaza ko umwana we ari byose kuri we ati”Isabukuru nziza Rusangiza Eltad ,Coach wanjye ,Boss wanjye, umunyarwenya wanjye,inshuti yanjye .Wahinduye ubuzima bwacu iteka kandi nzabigushimira kugeza ntabarutse.Amahoro,ubwenge, n’imigisha ya Yehova biguhoreho”.

Ubutumwa bwa Rider man

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gusaba no gukwa Usengimana yasezeranye (AMAFOTO).

Dore top 10 y’imijyi iteye ubwoba ku isi ndetse udakwiye gusura.