in

Miss Uwicyeza Pamela yateye imitoma umugabo we The Ben bari kwitegura gukora ubukwe

Uwicyeza Pamella yateye imitoma umugabo we, Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben uherutse kumuha imodoka nshya ya Range Rover.

Mu magambo yuje urukundo, Uwicyeza yagereranyije umugabo we n’ikiremwa gitangaje, anavuga ko ari umugisha ku bantu bose nk’uko izina rye ribivuga.

Yagize Ati “Mugisha, mbega ukuntu uri umugisha! Uri inyenyeri imurika cyane, uri umutsinzi, nk’uko izina ryawe ribivuga uri umugisha ku bantu bose bagukikije, dufite amahirwe yo kugira umumalayika ku Isi.”

“Untera ishema cyane kandi ndagukunda cyane birushaho kwiyongera buri munsi, uri ikiremwa gitangaje, witaweho kandi urakunzwe n’Ushoborabyose, Ndagusabye komeza ugira uwo mutima wawe mwiza.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho Titi Brown barimo bamunyuza mu gikari ngo ajye kuburanishwa mu buryo buhishe akomeje kuzenguruka imbuga nkoranyambaga

Mushimankuyu Dafroza w’imyaka 90 ari kurara hanze nk’inturo nyuma yo gusohorwa mu nzu ye n’abana be yibyariye