in ,

Amashusho Titi Brown barimo bamunyuza mu gikari ngo ajye kuburanishwa mu buryo buhishe akomeje kuzenguruka imbuga nkoranyambaga

Kuri uyu wa 13 Ukwakira nibwo umubyinnyi Titi Brown yasubiye imbere y’umucamanza kuburana ku bimenyetso bishya byatanzwe n’umushinja cyaha.

Urubanza rwa Titi Brown rumaze gusubikwa inshuro zigera muri 6, kuri ubu abantu bategereje kumva ibyavuye mu myanzuro y’urubanza n’ubwo agiye kuburanishwa mu buryo buhishe. – Videwo arimo yinjizwa mu rukiko bamunyujije mu gikari.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwayezu Jean Fidel yahakanye ikintu gikomeye yashinjwaga n’itangazamakuru

Miss Uwicyeza Pamela yateye imitoma umugabo we The Ben bari kwitegura gukora ubukwe