in

“Mfite ishyamba i Huye ndarigurisha ariko uyu mutoza atuvire mu ikipe”! Abafana ba APR FC bariye karungu (Reba amashusho)

Abafana ba APR FC batakambye basaba ko umutoza Thierry Froger yakwirukanwa kuko nta hazaza h’iyi kipe babona.

ibi babivuze nyuma yo kunganya na Kiyovu Sports igitego 1-1.

Umva amagambo yavuzwe n’abafana ba APR FC.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali abayede bane bafashe umukobwa w’imyaka 13 bamwihererana mu nzu maze bakajya basimburana umwe avaho undi ajyaho

Ibyo kwa Diamond ubirya wabiruhiye! Umuhanzi D Voice uherutse gusinya muri Wasafi yavuze iminsi yamaze asoma amasezerano ndetse n’ibyo yategetswe gukora nyuma yo kwandika indirimbo 30 zikaba imfabusa