in

Kigali abayede bane bafashe umukobwa w’imyaka 13 bamwihererana mu nzu maze bakajya basimburana umwe avaho undi ajyaho

Mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kigali ho mu karere ka Nyarugenge hari umubyeyi witwa Mukandayisenga Rosine arabariza umwana we w’imyaka 13 y’amavuko ngo ahabwe ubutabera.

Ni nyuma yo gusambanywa n’abasore bane, ubuyobozi bukavuga ko babiri mu bakekwa batawe muri yombi abandi batorotse bakaba bagishakishwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyari ibyishimo byarangiye hamenetse amaraso mu buryo butunguranye! Imodoka yari itwaye abageni yakoze impanuka yateye ubwoba abantu benshi -AMAFOTO

“Mfite ishyamba i Huye ndarigurisha ariko uyu mutoza atuvire mu ikipe”! Abafana ba APR FC bariye karungu (Reba amashusho)