in

Mama Nick wamenyekanye muri filime City Maid yakoze impanuka iteye ubwoba

Mukakamanzi Beatha wamamaye nka Mama Nick muri filime ya City Maid,  yakoze impanuka ikomeye kubwa amahirwe Imana ikinga akaboko.

Yakoze Impanuka ari hafi yo murugo, agonzwe n’igare, bahamukura amerewe nabi.

Iyi mpanuka yayikoze tariki 17 Werurwe 2023. Mama Nick yavuze ko abaganga bakomeje kumwitaho, biri kugenda biza. Yavuze ko ashima Imana yamurokoye iriya mpanuka yaritumye ahaburira ubuzima.

Mama Nick ni umukinnyikazi wa filime ukomeye bitewe n’ubuhanga agaragaza mu gukina filime. Azwi muri filime nyarwanda  kandi zizwi zirimo; “Intare y’Ingore” akinamo yitwa Cecile, “Giramata” akinamo ari umubyeyi wa Giramata na “City Maid” akinamo yitwa Mama Nick, Ni umubyeyi w’abana 6 n’abuzukuru 5. Umwuzukuru we mukuru ari hafi kuzuza imyaka 12.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iki nicyo abakobwa bose bakorera abahungu bigize nka Abdul uri kurira ayo kwarika

Esther yitabye Imana nyuma yo kumara igihe arwariye kwa muganga

Inkuru y’urupfu rwa Esther yababaje benshi ,yapfuye ababaye