in

“Kujya muri federasiyo (Ferwafa) ni ukujajaba” Perezida wa Rayon Sports yavuze ukuntu byaba bimeze aramutse agiye kuyobora FERWAFA

Perezida wa Rayon Sports yavuze ukuntu byaba bimeze aramutse agiye kuyobora FERWAFA.

Mu kiganiro ejo yagiranye na RadioTv10, agaruka ku mibereho y’ikipe, yageze aho abazwa niba yajya kuyobora Federasiyo.

Mu gusubiza, yavuze ko atajyayo kuko byaba ari ukujajaba.

Impamvu yabyise kujajaba ni uko atava muri Rayon Sports atarangije inshingano ze ngo ajye muri Ferwafa, ibintu we yagereranyije nko kujajaba.

Si ibyo gusa yavuze kandi dore ko yagarutse no ku muyobozi wayobora Ferwafa, aho yavuze ko bakeneye umuyobozi udakorerwamo n’abanyamuryango.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza cyane kuri buri muntu wese utuye i Kigali utunze ‘Smart Phone’ akaba akoresha imodoka zitwara abagenzi rusange

Uyu mugabo azahagarikwa n’ande? Elon Musk yisubije umwanya we yari yarambuwe nk’umuherwe wa mbere ku isi