in

Ku butaka butagatifu i Kibeho hateraniye abantu ibihumbi birenga 50 bari kwizihiriza ku nshuro ya 42 isabukuru y’amabonekerwa, ubwo umubyeyi Bikira-Mariya yabonekeraga abakobwa ba 3 – AMAFOTO 

I Kibeho ku butaka butagatifu mu Karere ka Nyaruguru, harizihizwa ku nshuro ya 42 isabukuru y’amabonekerwa, ubwo umubyeyi Bikira-Mariya yabonekeraga abakobwa ba 3.

Hateraniye imbaga y’abantu basaga ibihumbi 50 baturutse ku migabane itandukanye aho bitabiriye igitambo cya Misa, giturwa na Antoine Cardinal Kambanda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hehe no kongera gutegereza imodoka iminota 30! Guverinoma y’u Rwanda yafashije mu kugura imodoka 200 zizajya zikoreshwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange – AMAFOTO

Minisiteri y’Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n’ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali