in

Ku butaka butagatifu i Kibeho hateraniye abantu ibihumbi birenga 50 bari kwizihiriza ku nshuro ya 42 isabukuru y’amabonekerwa, ubwo umubyeyi Bikira-Mariya yabonekeraga abakobwa ba 3 – AMAFOTO 

I Kibeho ku butaka butagatifu mu Karere ka Nyaruguru, harizihizwa ku nshuro ya 42 isabukuru y’amabonekerwa, ubwo umubyeyi Bikira-Mariya yabonekeraga abakobwa ba 3.

Hateraniye imbaga y’abantu basaga ibihumbi 50 baturutse ku migabane itandukanye aho bitabiriye igitambo cya Misa, giturwa na Antoine Cardinal Kambanda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hehe no kongera gutegereza imodoka iminota 30! Guverinoma y’u Rwanda yafashije mu kugura imodoka 200 zizajya zikoreshwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange – AMAFOTO

Minisiteri y’Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n’ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali