in

Hehe no kongera gutegereza imodoka iminota 30! Guverinoma y’u Rwanda yafashije mu kugura imodoka 200 zizajya zikoreshwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange – AMAFOTO

Mu rwego rwo kunoza uburyo bwo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali, Guverinoma y’u Rwanda yafashije mu kugura imodoka 200 zizajya zikoreshwa mu gutwara abantu.

Ijana muri izi modoka zamaze kugera mu Rwanda mu gihe izindi zizahagera muri Mutarama 2024. Ikigamijwe ni uko byibura nta muntu uzajya ategereza imodoka iminota irenze 30.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Pasiteri Elijah ujya kubwiriza ubutumwa bwiza yambaye inkweto z’abagore zizwi nka ‘High heels’ yakugusha utitonze – AMAFOTO

Ku butaka butagatifu i Kibeho hateraniye abantu ibihumbi birenga 50 bari kwizihiriza ku nshuro ya 42 isabukuru y’amabonekerwa, ubwo umubyeyi Bikira-Mariya yabonekeraga abakobwa ba 3 – AMAFOTO